The ServiceMag Issue9

Page 6

MA IL MP PAID STA

LETTERS

Ese mwakunze inyandiko tubagezaho? Turabasaba ngo muduhe ibitekerezo. Kuri: letters@servicemag.com

E-mail us at letters@theservicemag.com

Televiziyo y’u Rwanda Niyivugurure

Ibyo uvuze rwose ni ukuri, navuga ko igayitse. Iyo urebye ibihugu duturanye uko amateleviziyo yaho akora, wibaza mu Rwanda niba ubuyobozi bwa televiziyo yacu butazi aho imihigo isinyirwa. — Kalisa Ni byiza gutanga ibitekerezo uko ubyumva ariko iyo umuntu ajya kunenga anabanza gukora ubushakashatsi byibuze buciriritse kugira ngo abone uko kunenga kwe kuba kuzuye. Iyo uvuze ko indimi utazizi neza ubwo waherahe unenga indimi zikoreshwa kuri TVR kandi nawe ntazo uzi ese ubwo ntiwaba umeze nka wawundi wabuze icyo atuka inka ati dore icyo gicebe cyayo? Ntuzigere ureba uburyo BBC cg Aljazeera zikora ngo wumve ko uri bubyuke na TVR ari uko. Ariya mateleviziyo menshi byayatwaye imyaka kugira ngo abe yubakitse uko ahagaze, kandi na TVR iri kugenda yiyubaka. Rero witonde kuko umwana atavuka ngo ahite yuzura ingobyi. Pole pole. ndio mwendo. Ahubwo nisabire ubuyobozi bw’igihugu bigaragara nk’aho butagishyira ingufu mu kubaka ubushobozi bw’abanyamakuru b’Itangazamakuru rya Leta. Nk’ubu aho tuvugira inyubako TVR na Radio Rwanda bakoreragamo bari kuyisenya kandi ibi bitangazamakuru ntaho birabona aho kujya ni ukuvuga ko bazisanga bakorera mu matongo y’inyubako zahoze ari izabo. Ese iyo environment umunyamakuru uyikoreramo ubona atararenganye? Leta nigire ikosore amakosa yakozwe itangazamakuru ryayo ryongere rihabwe agaciro. — Byanditswe na Kiki

We are proud of RwandAir

RwandAir story in one of your past issues was a great piece. I loved the CEO’s interview and the travel review made me travel while sitting right here in Kibuye. Congratulations RwandAir for lifting our flag so high. We are so very proud of your achievements. — Julius Kamanzi

Pride has an impact on service delivery

For the past three years, customer service has become the talk in town. We all seem to be concerned. But I think one of the causes of poor customer care in Rwanda is the general pride we see with people we deal with in business. Some people find it extremely difficult to humble themselves. Some are so full of themselves that they even find it difficult to greet, to apologize, or even take responsibility for the things that go wrong. Could you please do a thorough survey on this issue of pride? I am sure your findings will help us to understand better the causes of poor customer service so as to be able to address or correct them accordingly. Thanks again for this great job you are doing in Rwanda— Joseph Kyazze

Quand j’ai reçu votre carte d’invitation pour votre soirée «Kigali Business Inspiration», j’ai été toute suite séduite par le design et l’innovation. En effet quelle inspiration ça été cette soirée. La pose photo avec comment chacun décrivait le mot Innovation, la mise en place de la salle, la qualité des interventions des 2 orateurs et pour finir le cocktail et les personnes qui étaient invitées étaient simplement un Vrai Merveille. Vous avez su nous inspirer. Bravo — Angele Uwimana

Entrepreneurship Section is a great way of preparing the next generation

Your new added sections on young women entrepreneurs are really great. They are educative and very inspiring. I wish you could distribute copies of your magazine in all major universities of the country so that right from school, the young generation can understand the need to become entrepreneurs. — Judith Kamire

Impamvu zinteye kwandikira The Servicemag ni ebyiri:

Impamvu ya 1 n’UGUSHIMIRA. Ndashimira cyane Leta y’u Rwanda ko idahwema gushishikariza no gukangurira abanyarwanda gutanga serivise nziza mu kazi kabo ka buri munsi. Ndashimira kandi Sandra Idossou n’abo bakorana muri iki kinyamakuru ku bw’inama, ibitekerezo n’inkunga adahwema gutanga mu rwego rwo gukangurira no gushishikariza abantu gutanga serivise nziza abinyujije mu nyandiko ze; ndahamya ndashidikanya ko inama n’ibitekerezo bye bizarushaho guteza imbere igihugu cyacu”KEEP IT ON”

Turabasaba umuganda wo kutwandikira inkuru nyinshi zishoboka mu Kinyarwanda! 6 | The SERVICEMAG March - May 2012

Quelle Inspiration, votre Evènement au Serena

Si byiza gucira mu muhanda

Kigali ni umujyi mwiza ariko nabonye hasigaye hari imyifatire itari myiza ahantu hose, usanga abantu bacira aho babonye ( ni agahomamunwa!!!) biteye ishozi kandi ni umwanda!!! Byongeye kandi gukorora udapfutse agatambaro ku munwa!!! Mana yanjye ese abantu ntibazi ko hari indwara zandurira muri ubwo buryo? Ese ibi byahinduka gute? Abantu bagomba kuva mu mwijima bakajya mu rumuri. Nta kundi byagenda.

Like us on

Follow us on


Issuu converts static files into: digital portfolios, online yearbooks, online catalogs, digital photo albums and more. Sign up and create your flipbook.